Skip to main content

THE HUSTLE SERIES IRASOHORA EPISODE YAYO YAMBERE UYU MUNSI KUYA 4/7/2020



THE HUSTLE ni film y'uruhererekane y' abanyarwanda yavuye kugitekerezo cy' umukinnyi wa film uzwi cyane mu Rwanda ari we BAZONGERE Rosine, ikaba ari film ivuga ku ihohoterwa ribera mungo, ikanavuga kubibazo biterwa n'inda zitateganyijwe, iyi film kdi igaruka kubiyobyabwenge murubyiruko nibindi byinshi, ikaba yarayobowe nuwitwa ADRIAN KOWI nawe usanzwe uzwi mukuyobora film zuruhererekane aha twavuga nkiyo yamenyekanyeho cyane yitwa VIRUNGA SCHOOL.

iyi film ikaba imaze kuba kimomo kuva umunsi wambere bashyira hanze amashusho ayamamaza dore ko byakozwe muburyo buryo butangaje  bwo gutera amatsiko abafana bagatangira kuyivugaho kugeza igihe video yerekana incamacye zayo (Trailer) yagiriye hanze aribwo yaba abakinnyi ndetse n' ikipe yose yakoze iyi film nabo bagize icyo bavuga kuri iki gihangano.

AMAFOTO YASHYIZWE HANZE MBERE YEREKANAGA BAZONGERE ROSINE YAKOZE UBUKWE
AYA MAFOTO YEREKANAGA BAZONGERE ROSINE NA BRUNO BAKOZE UBUKWE

BRUNO wakinnye ari umugabo wa BAZONGERE ROSINE gusa aha ntibyari byakamenyekanye 

iyi foto nayo yashyize abantu murujijo kuko yerekanaga BAZONGERE ROSINE atwite

aya mafoto akimara kujya hanze yavugishije benshi bibaza niba ari impamo, muri abo yavugishije harimo na The Cat Babalao







abantu benshi bibajije kubyaya mafoto gusa ntihagira numwe mubakinnyi cg ikipe yakoze iyi film ugira icyo avuga, nyuma y' igihe gito nibwo hatangiye gusohoka amafoto yerekana babindi bishobora kuba byari film abantu batangira kuva murujijo dore ko n'itangazamakuru ryahamagaraga abagaragaraga mumafoto bashaka kubabaza niba inkuu yaba ari impamo ariko ntihagire numwe witaba cg ngo agire icyo abivugaho, mumafoto yasohokaga nyuma yaho yerekanaga bimwe mubice cg se amwe muma scene agize iyi film.




nyuma yuko aya mafoto agiye hanze nibwo abakinnyi biyi film batangiye kugaragara mubiganiro bayivugaho mubitangazamakuru bitandukanye.

guturuka ibumoso: ADRIAN KOWI(Director), BEN RURANGIRWA, RUKUNDO PARU(Host), BAZONGERE ROSINE, BRUNO NTEZIRYAYO

PARU(ibumoso) ari gukorana ikiganiro na ADRIAN KOWI(Director)

abakinnyi ba THE HUSTLE bari kwitegurra gukora interview na RUKUNDO PARU

iyi film rero ikomeje kuba uruvugo rwa benshi bavuga ko bayitegereje gusa ikaba iri busohoke uyu munsi kuya 4 Nyakanga nubwo amatsiko ya benshi akiri menshi,


Iyi Film yakozwe na compony ya BAZONGERE ROSINE yitwa BR STUDIOS, gusa Nkuko BAZONGERE ROSINE abivuga iyi film ntiyayiteguye wenyine avuga company zigera muri 3 zisanzwe zikora ama film zamufashije gukora iki gihangano harimo PARU PRODUCTIONS ndetse na HOPE IMAGE STUDIOS


INSHAMAKE ZA FILM THE HUSTLE


BAZONGERE ROSINE akina umukobwa w'umwangavu witwa TONI uyu mukobwa akaba yaratewe inda bikaba ngombwa ko ajya kubana nuwayimuteye ariko atamukunda bikamuvirmo kujya ahora ahohoterwa numugabo we, uyu TONI agerageza kwirinda kuba yagwa mucyaha icyp ari cyose harimo no kuba yaca inyuma umugabo we ngo asange umusore yakundaga gusa ibi byose aba bigirira Nyina n' umuhungu we,
"ese yaba yarabashije kutagwa mumwoshya"? iki ni ikibazo gitegerejwe nabenshi ngo barebe igisubizo cyacyo


Reka mbibutse ko abakina ari Nyina wa BAZONGERE ndetse n umwana we ni nyina we numwana we mumuzima busanzwe

BAMWE MUBAKINA MURI THE HUSTLE


BAMWE MU BAKINNYI BAGARAGARA MURI THE HUSTLE

UZA "TONTO" ISSA

SANDRINE UWIMPUNDU

kuva ibumoso: BAZONGERE Rosine, MUREKATETE Jeanette, UZA "TONTO Issa, UWIMPUNDU Sandrine na RUKUNDO PARU (Umuyobozi wa PARU PRODUCTIONS)


MUREKATETE JEANETTE

RUKUNDO PARU (UMUYOBOZI MUKURU WA PARU PRODUCTIONS)



Reba Trailer hano 

Comments

Popular posts from this blog

Duda Ubwonko Na Cunga Umuntu Nizo Nzoga Zigezweho Inaha I Gikondo || Baradusekeje Turumirwa

NATACHA NDAHIRO, LOVE IS MY SIN, GUKINA YAMBAYE UBUSA, ABANTU BABIFATE N...

UMUNYARWANDA UMAZE GUKINA FILM 9 MPUZAMAHANGA HARIMO NIZA HOLLYWOOD KENNEDY MAZIMPAKA

Kennedy Mpazimpaka ni umwe mubanyarwanda bamaze igihe kinini mu uruganda rwa cinema akaba amaze gukina film zigera ku 9 mpuzamahanga ndetse kuri we avuga ko film ndetse n' ikinamico amaze gukina atibuka umubare, ibyo Kennedy yabivuze mukiganiro kirambuye yagiranye na Rukundo Paru umunyamakuru wa cinema nukunda ikiganiro twagiranye ukore subscribe ujye ubona ibiganiro nkorana nabakinyi ba film, kora like ubundi unayisangize nabandi, nkurikira kuri Intagram, Twitter, Facebook @rukundoparu kunda Facebook page yacu PARU Productions​ ubundi usure uru rubuga https://paruproductions.blogspot.com/ kenshi kugirango ujye umenya amakuru menshi yabakinnyi ba Film ndetse na film ukunda