Kennedy Mpazimpaka ni umwe mubanyarwanda bamaze igihe kinini mu uruganda rwa cinema akaba amaze gukina film zigera ku 9 mpuzamahanga ndetse kuri we avuga ko film ndetse n' ikinamico amaze gukina atibuka umubare, ibyo Kennedy yabivuze mukiganiro kirambuye yagiranye na Rukundo Paru umunyamakuru wa cinema nukunda ikiganiro twagiranye ukore subscribe ujye ubona ibiganiro nkorana nabakinyi ba film, kora like ubundi unayisangize nabandi, nkurikira kuri Intagram, Twitter, Facebook @rukundoparu kunda Facebook page yacu PARU Productions ubundi usure uru rubuga https://paruproductions.blogspot.com/ kenshi kugirango ujye umenya amakuru menshi yabakinnyi ba Film ndetse na film ukunda
Comments
Post a Comment